in

Messi yashyiriweho amafaranga menshi akubye aya Cristiano ngo nawe yerekeze muri Saudi Arabia

Bikomeje kuvugwa Jorge Messi ariwe papa wa Lionel Messi yaba ari i Riyadh mu murwa mukuru wa Saudi Arabia, aho yaba yagiye kuganira n’ikipe ya Al Hilal yifuza kuzana Messi ikajya imuha miliyoni 245 z’amapawundi ku mwaka.

Lionel Messi uherutse kwegukana Igikombe cy’isi afite amasezerano mu ikipe ya PSG izarangira muri Kamena 2023, akaba ariho Al Hilal iri guhera ikumva ko kumuzana bishoboka.

Inkuru y’ikinyamakuru Mundo Deportivo ivuga ko iyi kipe ishaka kujya imuhemba miliyoni 300 z’amadorari ku mwaka, ndetse ngo ashobora kubitekerezaho akajyayo n’ubwo bivugwa ko yemereye PSG kongera amasezerano.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Morocco nyuma y’igikombe cy’isi yatangaje ko itazitabira CHAN uyu mwaka -shira amatsiko

Anita Pendo yifurije isabukuru y’amavuko musaza we akoresheje amagambo yuje ubupfura