in

Uyu mwanya uragayitse: Menya ikipe iyoboye izindi ku Isi ndetse n’umwanya Amavubi yisanzeho

FIFA yashyize hanze urutonde rw’uko amakipe y’ibihugu akurikirana ku Isi bitewe n’uko yagiye yitwara maze amwe yisanga mu myanya myiza andi nayo yisanga ahadashimishije.

Ikipe y’igihugu ya Argentina niyo iyoboye andi makipe yose yo ku Isi aho ikurikiwe n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa iri ku mwanya wa kabiri n’aho ikipe yacu y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yo yisanze ku mwanya 139 aho ikurikiwe n’igihugu cy’u Burundi u Rwanda rukaba rwasubiye inyumaho imyanya ine yose.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mico The Best n’umugore we Clarisse bari mu byishimo byo kwibaruka Ubuheta

“Tuzabatsinda nibyo nzi ” Umukinnyi wa Rayon Sports yongeye gusuzugara ikipe ya APR FC yemeza ko bazayitsinda kuri Super Cup kandi mu buryo bworoshye