in

Menya ibyiza byo kurya Avoka ndetse n’indwara ivura utari uzi

 

Urubuto rwa Avoka rufitiye umubiri w’umuntu akamaro gakomeye benshi batajya bakunda kumenye abahanga bavuga ko umuntu urya urubuto rwa Avoka buri munsi uko agiye kwegera ameza umubiri we ugira impunduka zigaragarira buri wese.

Dore bimwe mu byiza byo kurya urubuto rwa Avoka :

1. Avoka ituma impyiko zikora neza :

Umuntu urya Avoka abafite amahirwe yokutagira indwara z’impyiko kubera ko Avoka ikungahaye ku myunyungugu ya potasiyumu (potassium) ituma impyiko zikora neza.

2.Avoka ituma umuntu ahumeka umwuka mwiza kandi agira n’umwuka mwiza wo mu kanwa:

Urubuto rwa Avoka rwifitemo ubushobozi bwo kwica udukoko dutera umwuka mubi mukanwa n’igisubizo cyiza ku bantu bagira umwaka mubi wo mu kanwa.

3.Bigufasha kugabanya umuvuduko w’amaraso ukabije mu mubiri.

4.kurya Avoka bituma umuntu abona neza maze agacukubiri n’indwara z’amaso.

5. Umuntu urya Avoka atandukana n’ibibazo by’umwijima kuko bituma umwijima ukora neza.

6.Burya Avoka igira uruhare mu kugabanya umuvuduko ukabije w’amaraso .

Ibi ni bimwe mu bintu byiza cyane byo kurya Avoka.

 

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Police FC iragatowe! Abakinnyi ba Rayon Sports bahaye isezerano rikomeye ubuyobozi nyuma y’igikorwa babakoreye kikabashimisha

Amakuru atari meza asohotse kano kanya ku ikipe ya Rayon Sports yari ihanganye n’Intare Fc