in

Mediatrice urahiye ko atazigera ashaka umugabo ahaye ubutumwa bukomeye Rugangura Axel na David

Mediatrice ufite amateka y’ubuzima bwe ashaririye yanyuzemo mu kiganiro yakoreye ku gitangazamakuru Big town tv cya bacti yatangaje byinshi.

Uyu mukobwa ubwo yatangaga ubuhamya bwe yavuze ko kuva yakura atazi ababyeyi be,bivuze ko yakuriye mu buzima bw’ubupfubyi.

Yakomeje avuga ko we atazigera ashaka umugabo ngo kuko ntago ajya abiyumvamo, gusa yavuze ko afite impano yo gukora urubuga rw’imikino no kogeza umupira.

Bityo rero akaba yahaye ubutumwa abanyamakuru bakora urubuga rwimikino harimo axel,David bayingana,taifa ndetse n’abandi.

Yabasabye ko bamuha ubufasha bakazamura impano ye yogukora urubuga rw’imikino nawe ikamutunga agahindurirwa ubuzima abayemo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba Rayon Sports batewe ubwoba na APR FC

Videwo:Prince kid yinjiye mu rukiko inyamirambo ashagawe n’itangazamuru