in

Meddy yatangiye gutegura ‘Passport’ iza i Kigali! Ubukwe bwa The Ben na Pamela bwatangiye guhumura

Nyuma yo gutaramira Abarundi, The Ben na Pamela bari mu myiteguro y’ubukwe bwabo aho bitegura gusezerana imbere y’Imana.

Biteganyijwe ko Meddy nawe azabwitabira kuko ubu ari gushaka ibyangombwa by’inzira ‘Passport’ akava muri America aza mu Rwanda kuko buzabera i Kigali.

Buzaba tariki 27 Ukuboza 2023, bukazabera muri hoteli y’igiciro gihanitse ya Kigali Convention Center.

The Ben na Pamela basezeranye mu mategeko tariki 31 Kanama 2022, ibirori byabereye mu murenge wa Kimihurura mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akumiro n’amavunja! Rutahizamu Romero Lukaku utagikinira ikipe ya Chelsea niwe uyoboye abandi mugutsindira iyi kipe ibitego byinshi muri uyu mwaka 

Kigali! Aka kanya habereye impanuka y’imodoka itwara abagenzi rusange izwi nka ‘Shirumuteto’