in

« Meddy ntabashuke ngo mudohoke mukore igikwe » Rocky Kimomo wavuze ko nta gikwe gihari

Rocky Kirabiranya uyobora Rocky Entertainment akaba ari nawe wa mbere wadukanye imvugo ya Nta gikwe yabwiye abantu bakomeje kureba indirimbo My Vow ya Meddy bakagira gahunda yo gukora ubukwe ko bakwirinda kudohoka kuko gahunda ihari ari nta gikwe. Ni mu kiganiro yagiranye na The Choice Live.

Rocky wari uri mu rugo ari kumwe n’abo babana muri Rocky Entertainment yavuze ko we na bagenzi be bafata icyumweru kimwe bakabana bari hamwe ndetse bakanabona umwanya wo kunoza gahunda zabo neza bari kumwe. Guma mu rugo yasanze bari muri icyo cyumweru bari barihaye bahita bagumana kuri ubu barimo kubana mpaka guma mu rugo irangiye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo abagore b’iki gihe basigaye bakunda cyane ku basore.

Miss Mutesi Aurore yaba ari mu munyenga w’urukundo n’undi musore?