in

Yoo yari agiye atabutashye! The Ben yatangaje umuntu w’ingenzi kuri we warwaye akaremba mbere y’ubukwe akagera habi ku buryo yari afite ubwoba ko atazabutaha

Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda nyuma y’ubukwe, The Ben yatangaje ko ubwo yari ari mu bukwe yari afite ubwoba bwinshi, gusa nyuma bukaza kugenda bushira. The Ben akomeza avuga ko ubwo bwoba bwari ubw’ibyishimo, ariko nyuma bwaje kugenda bushira.

The Ben kandi yatangaje ko yatewe ibyishimo no kuba Nyirakuru yarabashije gutaha ubukwe kuko mbere y’ubukwe yari arwaye arembye cyane, ndetse bigeze habi. Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy mu ihurizo rikomeye ryo gusubiza ikibazo yabajijwe n’umufana we

RIP! Nyabugogo habereye ubundi bwicanyi ku mugabo wasanzwe mu mugezi -AMAFOTO