in

“Mbwira abantu ibyo nshaka ko bamenya”! Umukinnyi wa filime Priyanka Chopra atanze ukuri ku buzima bwe

Umukinnyi wa Filime PRIYANKA CHOPRA yatangaje amagambo akomeye cyane ku buzima bwe asobanura byinshi agenderaho benshi batazi.

Yagize ati: “Ndi umuntu ugira ubuzima bwanjye ibanga. Nta muntu ujya umenya ibindeba kuko mba numva atari ngombwa. Mbwira abantu ibyo nshaka ko bemenya.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubushuti bwabo babutangiye bagihurira muri Miss Rwanda! Hagaragaye amashusho agaragaza aho ubushuti bwa Miss Mwiseneza Josiane na Uwicyeza Pamela bwahereye barimo batambuka biyereka abatanga amanota muri Miss Rwanda – VIDEWO

Kwihagarika no Kwituma ahatemewe ni icyaha: Dore ibyaha abantu bakora batazi ko ari ibyaha bihanwa n’amategeko y’u Rwanda