in

“Mbuze umuvandimwe na Papa” Junior yavuze kuri Yanga

Junior Giti murumuna wa Yanga yavuze ko uretse kuba ahombye umuvandimwe abuze na Papa umubyara.

Ibi yabivuze mu muhango wo gusezera kuri Nkusi Thomas uherutse kwitaba Imana.

Junior kandi yarengejeho ko mu minsi ya Yanga ya nyuma yahoraga asenga Imana cyane.Yanga ngo yageze aho yubaka yorodani nto mu rugo ku buryo uzemera gukizwa azajya ahava abatijwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu ukomeye wa Fc Barcelona yakubiswe n’ibisambo bine bimusanze mu rugo iwe

Bwiza na Alyn Sano mu byamamare byari byitabiriye igitaramo cya Rusine (Amafoto)