in

“Mbega ukuntu wari kuzavamo agakobwa keza” Ihere ijisho ifoto ya Producer Element imugaragaza nk’umukobwa yatumye benshi bacika ururondogoro

Ifoto ya Producer Element uherutse gusezera muri County Records yamenyekaniyemo akajya muri 1:55Am Entertainment, yatumye abantu benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu agaragara nk’umukobwa.

Iyi foto ikomeje gucaracara ku mbuga nkoranyambaga nka Facebook, bitewe n’ukuntu igaragaza Element bamushyizeho imisansi nk’iyabakobwa, abayibonye bose bari guhuriza ukuntu asa nk’umukobwa.

Dore bimwe mu bitekerezo by’abantu batari bake bagize icyo bovuga kuri iyi foto ya Producer Element:

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutsiro: Umusore wari wasohokanye inkumi mu kabari k’urwagwa yagasohotsemo ari umurambo kubera umukobwa yijyaniye 

Kigali: Umusore yibye telephone maze abaturage baramufata, gusa ibyo bamukoreye ni agahomamunwa