in

Mbega ukuntu usa nka mama wawe! Ifoto ya Kwizigira Jean Claude ari kumwe na Mama we ndetse n’umugore we yazamuye imbamutima z’abantu benshi

Umunyamakuru wa radio Rwanda Kwizigira Jean Claude ukora mu kiganiro Urubuga Rw’imikino yashyize hanze ifoto ari kumwe na Mama we ndetse n’umugore we, maze bituma ababonye iyo foto bayivugaho akari ku mitima yabo.

Bamwe mu bagize icyo bavuga kuri iyi foto benshi bahurizaga ukuntu uyu mugabo asa nka mama we.

Kwizigira Jean Claude azwi cyane mu kiganiro Urubuga Rw’imikino ndetse no kogeza umupira w’amaguru kuri Radio Rwanda, si ibyo gusa kandi ajya ayobora ibirori bitandukanye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto:Ibituza bye n’ibibero byose biri hanze:umukobwa umaze kubaka izina kubera kugaragara mu ndirimbo nyarwanda yavugishije benshi kubera imyambarire ye

Uwari umutoza wa Kiyovu Sports yasabye ubuyobozi bw’iyi kipe kumufasha ikintu gikomeye kugirango atabajyana muri FIFA bagacibwa akayabo