in

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddy Boo yasubije Ipusi ku mbuga ‘The Cat’ wemeje ko uyu mugore arwaye agahinda gakabije ‘Depression’ nyuma yo kubengwa n’umunya-Kenya

Mbabazi Shadia wamenyekanye nka Shaddy Boo yasubije Ipusi ku mbuga ‘The Cat’ wemeje ko arwaye agahinda gakabije ‘Depression’ nyuma yo kubengwa n’umunya-Kenya.

Mu minsi yashize nibwo hamenyekanye amakuru y’uko Shaddy Boo yatandukanye n’umukunzi we bari bamaranye igihe mu rukundo.

Nyuma y’ibyo Shaddy Boo yaje kwandika ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagiraga inama abagore n’abakobwa bajya mu rukundo.

Nyuma y’icyo gihe, The Cat wamenyekanye ku rubuga rwa Instagram, yifashishije ubwo butumwa bwa Shaddy Boo maze yemeza ko arwaye Depression yatewe no kubengwa.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo Shaddy Boo yasubije uyu The Cat wamwibasiye muri ubwo buryo.

Yifashishije ifoto ye The Cat yanditsemo Depression, yabwiye uyu musore amagambo make agira ati: “Ni social media ziragushuka.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yanyuze muri Man U! Rutahizamu wakiniye Manchester United yo mu Bwongereza yemeye gukinira ikipe y’igihugu Amavubi ikibazo kiba umwanya akina mu kibuga usanzwe ufite abandi bawugize uwabo mu Mavubi

“Kuba single bye bye” Umuhanzi w’icyamamare muri muzika Nyarwanda, Nasoni yasezeranye n’umukobwa w’ikizungerezi (AMAFOTO)