in

Mazimpaka Andre yageneye ubutumwa bukomeye Rayon Sports yamwirukanye

Umuzamu Mazimpa Andre wahoze akinira iyi kipe Rwamagana FC yageneneye ubutumwa bukomeye ikipe ya Rayon Sports aho uyu mukino bazahuramo ku wa 5 nijoro ababwira ko batazabakangisha ijoro.

Ati “ibyo bavuga by’amatara byabo, ayo matara bakanga, abafana, bamenye ko abakinnyi ba Rwamagana bazi amatara n’igisobanuro cyayo, turahari, turahari byaba ku manywa, byaba ni joro ni yo byaba mu gitondo.”

Uyu mukino utegerejwe ku wa 5 tariki ya 14/09/2022 saa 18;30 nkuko ingengabihe ya FERWAFA ibiteganya.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere Judith wakundanye na Safi yagize icyo avuga kuri wa mugabo bamaze iminsi binezezanya

Monastir yaguze abafana ba Rayon Sports, ibintu 5 byaranze umukino wa Apr Fc na US Monastir