in

Bwa mbere Judith wakundanye na Safi yagize icyo avuga kuri wa mugabo bamaze iminsi binezezanya

Niyonizera Judith wakanyujijeho mu munyenga w’urukundo na Safi Madiba wamamaye mu itsinda rya Urban Boys yavuze ko afite umukunzi mushya.

Mu rukerera ahagana saa munani nibwo Judith yaraye ageze i Kigali aho aje gusura umuryango we ndetse no gutunganya filime ye nshya agiye gushyira hanze vuba.

Akigera i Kigali yakiriwe n’abanyamakuru bagiye batundukanye bari bamutegereje ari benshi cyane kugira ngo bamuhe ikaze ndetse no kumuvugisha.

Ubwo yari ari mu kiganiro n’abanyamakuru yabajijwe ku bijyanye n’umugabo w’umuzungu bamaze iminsi bagaragara bari kumwe baryohewe n’ubuzima.

Mu gusubiza, Judith yavuze ko uriya ari umukunzi we, abajijwe niba bitagura gukora ubukwe araruca ararumira ashimangira ko ari umukunzi.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko Bruce Melody yari yiteguye guhangana n’ibibazo yanyuzemo I Burundi n’amanyanga yakoresheje

Mazimpaka Andre yageneye ubutumwa bukomeye Rayon Sports yamwirukanye