in

Marina Deborah yatunguwe n’inshuti ze zirimo Queen Cha zimwifuriza isabukuru nziza y’amavuko (Amafoto)

Ku munsi w’ejo hashize nibwo hari isabukuru y’amavuko y’umuhanzikazi ukomeye mu Rwanda, Marina Deborah aho yayizihije mu buryo bushimishije we n’inshuti ze.

Marina Deborah ari kumwe n’inshuti ze zirangajwe imbere na Queen Cha, bizihije isabukuru y’amavuko y’uyu mukobwo umaze igihe mu muziki nyarwanda.

Ni ibirori byabereye kuri hotel ya Marriott iherereye mu mugi wa Kigali, akaba ari ho Marina Deborah n’inshuti ze bizihirije iyi sabukuru y’amavuko ya Marina Deborah.

Amafoto:

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Bably yasezeranye n’umukunzi we bamaranye imyaka myinshi bakundana

Wa mwana wamenyekanye kubera gukunda Buravan yavuze ikintu gikomeye agiye badakoze