in

Marina Deborah na Yvan Muziki byavuzwe ko bakundana barabihakana none ubu bajyanye i Dubai

Mu mezi macye ashize havuzwe inkuru z’urukundo hagati ya Marina Deborah na Yvan Muziki none kuri ubu bagiye gutaramira i Dubai.

Umuhanzi Yvan Muziki ndetse  n’umuhanzikazi Marina Deborah bagiye bwa mbere gutaramira abanyarwanda n’abakunzi b’umuziki wabo batuye mu mujyi wa Dubai.

Iki gitaramo giteganyijwe kuba tariki 03 Ukuboza 2022 aho aba bahanzi bombi bizwi ko imyiteguro bayigeze kure.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya! Abasenga musengere ikipe y’igihugu ya USA kuko Irani irigusaba FIFA kuyihagarika mu gikombe cy’isi kubera ibyo yayikoreye

Christopher yatangaje ko kwishyiraho Tattoo ku kuboko kwe bifitanye isano na Mama we umubyara witabye Imana(Amafoto)