in

Birabe ibyuya! Abasenga musengere ikipe y’igihugu ya USA kuko Irani irigusaba FIFA kuyihagarika mu gikombe cy’isi kubera ibyo yayikoreye

Irani irasaba Amerika yirukanwe mu gikombe cyisi 2022 mu gihe uburakari bwanditse ku mbuga nkoranyambaga

Ibitangazamakuru bishamikiye kuri leta ya Irani byasabye ko FIFA yirukana USA mu gikombe cy’isi nyuma yo gushyira ahagaragara ishusho yahinduwe y’ibendera rya Irani mu rwego rwo kwerekana ko ishyigikiye uburenganzira bw’umugore muri Irani.

Konti yemewe ya Twitter yikipe yigihugu yumupira wamaguru muri Amerika yashyize ahagaragara ishusho yu rutonde rw’amakipe ari mu gikombe cyisi mu itsinda B ariko ifata icyemezo cyo kuvana ikirango cya “Allah” cya Repubulika ya Kisilamu na “takbir” mu ibendera ry’amabara atatu ya Irani.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi nyuma yo gutsinda Mexico ibyishimo byaramurenze kugeza ubwo akuyemo imyenda ari kumwe na bagenzi be(videwo)

Marina Deborah na Yvan Muziki byavuzwe ko bakundana barabihakana none ubu bajyanye i Dubai