in

Manishimwe Djabel yongeye kubwira Adil Mohamed amagambo akomeye

Umukinnyi w’ikipe ya APR FC Manishimwe Djabel nyuma yo kubwira amagambo akomeye Umutoza we Adil Mohamed yongeye kugaragara asaba imbabazi uyu mutoza.

Manishimwe Djabel wikomwe cyane n’umutoza Adil Mohamed avuga ko adshoboye bitewe nuko asigaye akina nawe akaza amububiza mu magambo akomeye yasbye imbabazi uyu mutoza kumakosa yose yakoze.

Mu butumwa yanyujije kurukuta rwe rwa Instagram yagize Ati” ndatekerezako nakoze ikosa nshaka gusaba umutoza Adi imbabazi. Ibyo nakoze so iby’abanyamwuga, nk’umu isilamu nsaba Allah imbabazi! Ubu nsabye buri umwe kumbabarira ntabwo nari mfite gutangira, murakoze ubu nibwo bwa nyuma ibi mbigaragaye.”

Uyu musore nyuma yo gutangaza ibi abantu benshi bamushimye bitewe nuko hari ikintu yagaragaje kandi kigaragaza umukinnyi w’umunyamwuga.

Ibi byose bije bikurikiye amakuru avugwa ko Djabel yaba yakuwe ku buyobozi yarafite mu ikipe ya APR FC nka Kapiteni bigahabwa Buregeya Prince wari usanzwe yungirije, gusa ibi byose kugeza ubu ntabwo ubuyobozi bw’iyi kipe buragira icyo bubitangazaho.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kuri Twitter : Umusore yahishuye ko ari mu rukundo na Dj Iraa

Videwo y’umunsi: Ndimbati yagaragaye ari kuririmbana na Mama we