in

Manishimwe Djabel yanze kujya muri Mukura VS kubera udufaranga bari kumuha none agiye guhita asinyira ikipe y’i Nyarugenge mu masaha ari imbere

Manishimwe Djabel yanze kujya muri Mukura VS kubera udufaranga bari kumuha none agiye guhita asinyira ikipe y’i Nyarugenge mu masaha ari imbere.

Mu masaaha ari imbere nibwo Perezida wa Kiyovu Sports Association, Ndorimana Jean François Regis uzwi nka ‘General’ ari buze guhura na Manishimwe Djabel ubundi bagasubukura ibiganiro.

Byitezwe ko uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati ari buhite atereka umukono ku masezerano yumwaka umwe ,we yari yatse miliyoni 7 z’amanyarwanda nka ‘recruitment’ ndetse n’umushahara wa miliyoni 1 n’ibihumbi 200 by’amafaranga y’u Rwanda.

Ibyo kuba yakwerekeza muri Mukura VS byo biri kugenda bipfa bitewe nuko bari kumuha umushahara w’ibihumbi 800 by’amanyarwanda ku kwezi kandi ntabwo Djabel we ayashaka.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye urujijo! Wa mugore witwa Murungi Diane uvuga ko yabyaranye na Pasiteri Theogene Niyonshuti, yabwiye Pasiteri Yongwe ko Theogene yamusigiye inda y’amezi atandatu

Ni iyihe nama wagira umusore udashaka gukora ubukwe! Iki kibazo ubwo cyabazwaga ku rubuga rwa twitter, abantu benshi bagaragaje uruhande babogamiyeho bitewe n’uburyo bagisubije