in

Manishimwe Djabel yamaze gusinya amasezerano y’igihe kirekire mu ikipe y’ubukombe mu Barabu

Nyuma y’igihe kitarenga ameze 2 akinira ikipe ya Mukura Victory Sports Manishimwe Djabel yamaze gusinya amasezerano y’igihe kirekire mu ikipe y’ubukombe mu Barabu

Rutahizamu wakinira ikipe ya APR FC umwaka ushize ndetse wari imaze amaze Macye atijwe mu ikipe ya Mukura Victory Sports Manishimwe Djabel yamaze kubona ikipe ikomeye muri Afurika.

Muri uku kwezi turangije kwa munani nibwo Manishimwe Djabel yerekeje mu ikipe ya Mukura Victory Sports nk’intinzanyo y’umwaka umwe ariko yahise abona ikipe yo mu gihugu cya Algeria yitwa Union Sportive de la Médina Khechela.

Iyi kipe biravugwa ko yamaze kumusinyisha amasezerano y’imyaka 2 ndetse yanamaze nonkumuha ikaze mu buryo budasubirwaho. Hari hashize iminsi bivugwa ko uyu mukinnyi ari mu biganiro n’ikipe yo hanze y’u Rwanda ariko bije kurangira agiye.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Niyonsaba Médiatrice: Ruhango Imodoka yagonze abakozi babiri ba karere, shoferi ahita akora igikorwa kigayitse cyane kitazatuma ababarirwa

“Mbega umugabo ngo aribyara! Umwana ni foto kopi ya Se neza” Abantu bakomeje gutangazwa n’uburyo umwana wa Keza Terisky asa nka Se fotokopi