in

Manishimwe Djabel waruri gutukwa cyane n’abafana ba APR FC yatangaje umutoza umwe rukumbi ashimira w’iyi kipe wamugiriye inama yo kwerekeza muri Mukuru VS

Manishimwe Djabel waruri gutukwa cyane n’abafana ba APR FC yatangaje umutoza umwe rukumbi ashimira w’iyi kipe wamugiriye inama yo kwerekeza muri Mukuru VS

Rutahizamu wakiniraga ikipe ya APR FC ndetse ukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Manishimwe Djabel yashimiye umutoza wamugiriye inama yo kwerekeza muri Mukuru Victory Sports.

Ku munsi wejo hashize nibwo Manishimwe Djabel yerekeje mu karere ka Huye mu ikipe ya Mukura Victory Sports nyuma yo kuvuga amagambo kuri APR FC akijundikwa n’abakunzi b’iyi kipe batari bacye.

Uyu mukinnyi nyuma yo kwerekeza muri Mukuru Victory Sports yatangaje ko umutoza wamugiriye inama ari Ben Moussa watozaga ikipe ya APR FC umwaka ushize. Uyu mutoza yamubwiye ko Afhamia Lofti utoza Mukura VS ari umutoza mwiza ndetse uzamufasha kugera ku byo arimo kwifuza.

Manishimwe Djabel yanatangaje ko umuryango we ari wo wa mbere watumye yerekeza mu karere ka Huye ndetse n’umutoza wa Mukura Victory Sports ngo nawe yamusabye kuza bagafatanya kugirango amufashe kugera ku nzozi ze.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amaboko atareshya ntaramukanya Lorenzo wee! Umunyamakuru wa RBA Lorenzo abonye ikizungerezi Alliah Cool atangira kurabya indimi maze abantu bamubwiza ukuri koko -AMAFOTO

Umutoza wa APR FC akoze agashya akura umukinnyi w’umunyamahanga abafana bashakaga kureba mu bakinnyi 18 baragaragara ku mukino