in

Manishimwe Djabel ugiye kuyoza igitiyo mu Barabu yagiriye inama APR FC y’icyo yakora ikababaza Pyramid FC

Manishimwe Djabel ugiye kuyoza igitiyo mu Barabu yagiriye inama APR FC y’icyo yakora ikababaza Pyramid FC.

Ikipe ya APR FC yatangiye imyitozo kuri uyu wa mbere yitegura umukino ifitanye na Pyramid FC kuri iki cyumweru uzaba ari umukino wa kabiri ikinnye wa CAF Champions League.

Uyu mukino urimo kuvugisha benshi na Rutahizamu wayo Manishimwe Djabel ugiye gukina mu Misiri yagize icyo avuga ndetse agira inama APR FC kugirango izabashe gukuramo Pyramid FC.

Mu magambo ye yagize Ati” Ukuri ni uko Pyramid FC ikomeye, gusa mu mupira birashoboka cyane. icyafasha APR FC ni ukubanza kubona umusaruro mwiza hano mu rugo hanyuma mu Misiri byashoboka kugarira bakaba babona umusaruro.”

Ibi Djabel yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radio B&B FM Umwezi kuri uyu wa mbere ubwo yari yatumiwe mu kiganiro Sport Plateau.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwo se ayo mabere iyo bihangana bakarenzaho byibuze agatambaro koko! Anita Pendo umukobwa wirwanyeho yahuye n’uruva gusenya ubwo bafataga amafoto ye bakayakiniraho ibice by’umubiri we bakabishyira ku karubanda -AMAFOTO

Manishimwe Djabel ugiye kuyoza igitiyo mu Barabu yagiriye inama APR FC y’icyo yakora ikababaza Pyramid FC