in

Manishimwe Djabel ugiye kuyoza igitiyo mu Barabu yagiriye inama APR FC y’icyo yakora ikababaza Pyramid FC

Manishimwe Djabel ugiye kuyoza igitiyo mu Barabu yagiriye inama APR FC y’icyo yakora ikababaza Pyramid FC

Ikipe ya APR FC yatangiye imyitozo kuri uyu wa mbere yitegura umukino ifitanye na Pyramid FC kuri iki cyumweru uzaba ari umukino wa kabiri ikinnye wa CAF Champions League.

Uyu mukino urimo kuvugisha benshi na Rutahizamu wayo Manishimwe Djabel ugiye gukina mu Misiri yagize icyo avuga ndetse agira inama APR FC kugirango izabashe gukuramo Pyramid FC.

Mu magambo ye yagize Ati” Ukuri ni uko Pyramid FC ikomeye, gusa mu mupira birashoboka cyane. icyafasha APR FC ni ukubanza kubona umusaruro mwiza hano mu rugo hanyuma mu Misiri byashoboka kugarira bakaba babona umusaruro.”

Ibi Djabel yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radio B&B FM Umwezi kuri uyu wa mbere ubwo yari yatumiwe mu kiganiro Sport Plateau.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Jay polly
Jay polly
10 months ago

Ariko Djabel arajya kujyira inama Apr ko yayikinnyemo umusaruro yatanze ko awuzi , yatuje akareka kwishyura hejuru ko hari igihe ibyo atakoze byakorwa nabamusimbuye ,,, ubwo yigize nk’umu legend kdi ntazi ko ku gihe cye nawe ntamusaruro yatanze

Jeand'Amour Ndacyayisaba
10 months ago
Reply to  Jay polly

Arko nkawe Koko utintacyo yayigejeho ntugace umuntu intege kiriya nigitekerezoke kndi ntawamwibagirwa muri Apr FC ndetse no mumavubi rero gabanya amagambo

Manishimwe Djabel ugiye kuyoza igitiyo mu Barabu yagiriye inama APR FC y’icyo yakora ikababaza Pyramid FC

Urwo si urushyi ahubwo ni inkuba n’imirabyo bivanze! Gasabo umugabo yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo kwica mugezi we bitamusabye gukoresha intwaro ikomeye