in

Mani Martin yakuyemo umwambaro we nyuma yo kubisabwa n’umukobwa w’ikizungerezi witabiriye Miss Rwanda ubwo bari mu kiganiro(Amafoto)

Umuhanzi nyarwanda Mani Martin ubwo yari mu kiganiro The Choice Live ku Isibo Tv, yaje kugaragara ari gukuramo ikote rye abisabwe na Lynda Priya uzwi mu rukundo n’umunyarwenya Zaba Missed Call.

Ubwo Mani Martin yari muri iki kiganiro, Lynda yamuhitishijemo kuririmba cyangwase kwiyambura umwambara, Mani Martin atajuyaje yahisemo kwiyambura ikote rye arongera aryambikwa na Lynda bahita banahoberana.

Lynda witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 gusa bikaza kurangira atageze kure, yasabye Martin kwiyambura umwambaro nyama yaho abantu benshi bavugaga ko yananutse cyane, gusa Martin we avuga ko uko angana ariko ashaka kandi ngo nta gihe yigeze kugira umubiri mwiza nkuwo afite ubu.

 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto; Umugore yafotowe atabizi ari gushyira ikariso ye mu biryo yari atekeye umugabo

Umukobwa w’umunyonzi i musanze yakoze ku mitima ya benshi nyuma yo kuvuga icyo yifuza mu buzima bwe