in ,

Mangwende ntabwo amerewe neza dore ko muri FAR Rabat atanagikirerwa icyo abakinnyi benshi bifuza

Imanishimwe Emmanuel Mangwende ntabwo amerewe neza dore ko muri FAR Rabat atanagikirerwa icyo abakinnyi benshi bifuza

Ku munsi wejo hashize ikipe ya AS FAR Rabat ikinamo umunyarwanda Imanishimwe Emmanuel Mangwende yakinnye n’ikipe ya RS Berkane umukino urangira ikipe zombi zinganyije 0-0.

Umunyarwanda ukinira ikipe Yacu y’igihugu Imanishimwe Emmanuel Mangwende ntiyari ku rutonde rw’abakinnyi, AS FAR Rabat yakoresheje kuri uyu mukino. Iki kintu abakinnyi benshi baragikunda cyane kuko iyo utaje no mu bakinnyi 18 bajya ku mukino abenshi bahita bitakariza icyizere.

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Hatabaye uburangare ku nzego zose icyaha nticyaba” RIB yemeye ko habaye uburangare bigatuma Kazungu yica abantu ntawurabutswe

Ruhango: Habereye impanuka ikomeye cyane y’imodoka yari yapfiriye mu muhanda aho yahitanye abapolisi babiri bari bahekanye kuri moto