in

Mu gahinda kenshi umukinnyi wari umaze igihe muri Manchester United yasezeye ku bafana

David de Gea umunya- Espagne wari umuzamu wa Manchester United yasezeye muri iyi kipe nyuma y’imyaka 12 ayikinira.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu munsi tariki 08 Nyakanga 2023, David de Gea umunyabigwi wa Manchester United yanditse ubutumwa burebure asezera abafana ba Manchester United nyuma y’uko ibiganiro byo kongera amasezerano bitagenze neza, akaba yahisemo kutazakomezanya na Manchester United.
David de Gea yageze muri Manchester United muri 2011 agiye muri Atletico Madrid , aguzwe na Sir Alex Ferguson Ari no mubo yashimiye bamufashije

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Disi! intama yaramukandagiye: Umusaza w’imyaka 50 y’amavuko yavuze agahinda ke amarira azenga mu maso (Video)

Kwambara ikariso byamaze kuba umugani muyindi: Ihere ijisho amafoto y’umukobwa w’ikizungerezi udakozwa ibyo kwambara ikariso (Amafoto)