in ,

Manchester United ihangayikishijwe n’ubuzima bw’umwe mu bakinnyi bayo bakomeye (impamvu)

Antony Martial uheruka guhesha ikipe ya Manchester United inota rimwe ubwo bahuraga na Stoke City ngo akomeje guhangayikisha abayobozi ba Man U kubera ibibazo amazemo iminsi n’umugore babyaranye.

Martial and Jacquelinet parted ways following allegations he had been unfaithful
MARTIAL NA SAMANTHA

Nkuko ikinyamakuru Daily Telegraph kibivuga, ngo Ikibazo cyo kuba Martial yaratandukanye na nyina w’umwana we ariwe Samantha Jacquelinet gihangayikishije abayobozi ba Man U kuko basanga gituma itabasha kwita ku mupira w’amaguru ku buryo bukwiye ndetse ngo byanabaye ngombwa ko Mourinho ajya kumuganiriza amubwira ko agomba kwibagirwa ibibazo biri mu buzima bwe maze akita ku mupira w’amaguru gusa.

Young French striker Martial currently has 18 goals in his 57 appearances for United

Martial umwaka ushize kaba ari umwe mu bakinnyi batsindiye Man U ibitego byinshi gusa uyu mwaka akaba amaze gutsinda igitego kimwe gusa mu mikino igera ku icyenda yose yakinnye.

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

KIGALI: Dore ibirori byiganjemo koga n’umuziki bidakwiye kugucika muri iyi week-end

99 Of The Most Underrated Moments In Life