in

“Mana we impanga zimaze gukura “Riderman yashyize hanze amafoto ateye ubwuzu y’impanga ze

Umuraperi Riderman uri mu bakunzwe mu njyana ya hiphop kuva yatangira umuziki n’umwe mu bahanzi bahozaho ndetse basohora imiziki myinshi.

Riderman yongeye gusangiza abakunzi be amafoto y’impanga za bakobwa baherutse kwibaruka dore ko umukuru ari umuhungu.

Abafana bongeye kwishimira izi mpanga nyuma yo kubona ko zimaze gukura ndetse banze guhisha amarangamutima yabo bandikira Riderman ubutumwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yamuteyeho kashe: Ruzindana Kelia uri mu rukundo na Element Eleeh yashimangiye uburanga bwe (Amafoto)

Igihe umubiri wa Yanga witabye Imana uzagerera mu Rwanda cyamaze kumenyekana