in

“Mana warakoze kumpa impano y’umugabo mwiza” Umugore wa Junior Giti yikoze mu mutana atakagiza Umugabo we wari wavutse

Muhoza Angel umugore wa Junior Giti yamutakagije ku isabukuru ye y’amavuko.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Mama Bubuna yatakagije se w’abana be, Junior Giti.

Mama Bubuna yishimiye Iminwa yamuhaye impano y’umugabo w’igikundiro.

Akomeza avuga ukuntu yuzuye urukundo ndetse anamusabira imigisha ituruka ku Uwiteka kuko ari umugabo udasanzwe.

Yasoje amubwira ko umuryango umuri inyuma ndetse aboneraho kumwifuriza isabukuru nziza y’amavuko, aho yanamwibukije ko amukunda cyane.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunsi ubaye uwa 4 bataraboneka: Abantu batandatu bagwiriwe n’ikirombe harimo n’abanyeshuri 3 ibyabo bikomeje kuyoberana

Amabuno atangwa n’Imana koko: Abantu biganjemo ab’igitsina gore babuze ayo bacira n’ayo bamira nyuma yo kubona bagenzi babo bishyirishijeho ibibuno bikababoreraho(Videwo)