in

Mama wa Zuchu yashyize umukobwa we ku isoko nyuma yo kubona ko Diamond hari ibyo atujuje ngo abashe kuba yakwitwa umugabo wa Zuchu

Mama wa Zuchu yashyize umukobwa we ku isoko nyuma yo kubona ko Diamond hari ibyo atujuje ngo abashe kuba yakwitwa umugabo wa Zuchu

Khadija Kopa Nyina wa Zuchu yigaramye umubano wa Diamond Platnmuz n’umukobwa we Zuchu, avuga ko urukundo rwabo ntarwo azi.

Mu kiganiro yagiranye na Wasafi yavuze ko Diamond hari ibyo ataruzuza mu muco kugirango abe yakwitwa umukunzi wa Zuchu.

Yagize ati ” Ubusanzwe nk’abakuru tuziko kugirango umuntu yitwe umukunzi w’umukobwa ari uko aba yaratanze inkwano akamukwa, rero Diamond ntabyo arakora ubwo ntabwo ari umugabo w’umukobwa wange, ahubwo abafite inkwano muzibangukane bwangu”.

Ubusanzwe abantu benshi baziko Diamond ari umugabo wa Zuchu gusa Mama wa Zuchu ntabyemera kuko Diamond ataratanga inkwano.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Congo ifite zahabu nyinshi! Ihere ijijo uburanga bwa Nakeza Diana wabaye Miss DRCongo 2023

Agezweho: Hamenyekanye inkuru nziza ku bakunzi b’ikipe ya APR FC