in

“Mama wa Pendo avuga kimwe nk’umukobwa we baranasa” Abantu benshi bacitse ururondogoro nyuma yo kubona amashusho ya Anita Pendo aganira na Mama we bavuga kimwe ndetse yavuze ikipe afana umukobwa we aratungurwa – VIDEWO

Umushyushyarugamba, umunyamakuru akanaba umu Dj, Anita Pendo yagiranye ibihe byiza na mama we wishimiwe n’abantu benshi.

Ni mu kiganira Anita Pendo yagiranye n’uyu mubyeyi we wari waherekejwe n’inshuti ye, maze Pendo abaza nyina utubazo tumwe na tumwe tw’amatsiko.

Mama wa Pendo yavuze ko akiri umwana yakundaga umuziki ku buryo yafataga radiyo ya papa we akayitereka ku kijerekani kugira ngo umuziki udunde. Ndetse kandi yavuze ko asanzwe ari umufana w’ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza.

Abantu benshi banyuzwe n’uyu mubyeyi maze bacika ururondogoro:

Reba video aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Polisi yataye muri yombi umusore witwa Kazungu watahanaga abakobwa yamara kubasambanya akabica akabataba mu mwobo, ubu bamaze gutaburura abarenga 10 – Videwo

“Umuntu wese upfuye hano bavuga ko ari njye” Ubuzima bushaririye bw’umukobwa witwa Annet watengushywe n’umubiri kubera uburwayi