in

Mama Nick yatanze ubuhamya bw’ukuntu yakoze impanuka ndetse anavuga icyo umwana we yazize – VIDEWO

Mukakamanzi Beatha uzwi nka Mama Nick muri filime nyarwanda nka City Maid yavuze ukuntu yakoze impanuka mu minsi yashyize ubwo yagongwaga n’igare.

Mu kiganiro yagiranye na 3d TV, Mama Nick yavuze ko yagonzwe n’igare ubwo yavaga iwe, ndetse kandi yavuze ko umuhungu we uherutse kwitaba Imana yazize Kanseri.

Reba videwo aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe ngo bahita bamwica! Umugabo utunze za miliyoni yagize atya ajyana imodoka ye mu kinamba ni uko maze umunamba ahita ayijyana kugura ubugari ni maze ayigarura ari ijyamani (VIDEWO)

Abari bari mu iduka baguye mu kantu! Hagaragaye umugore ugendera ku mweyo ahetse n’umwana (Amashusho)