in

Mama Cyangwe yasubije mu buryo busekeje umusore wamusabye ko yamuremera 10k ku munsi wa Saint Valentin

Uwase Angel wamamaye cyane ku izina rya Mama Cyangwe akaba ari umukunzi wa Papa Cyangwe yasubije mu buryo busekeje umusore w’umufana we wamusabye ko yamuremera 10k ku munsi w’abakundana uzwi nka Saint Valentin.

Ibi byabaye nyuma yuko Mama Cyangwe abinyujije kuri story ya instagram ye yari yasabye abafana be ko bamubaza ibibazo bitandukanye maze nawe akabasubiza. Umwe mu bafana be yamubajije ati « Wazandemeye 10k ku munsi w’abakundana🙏🏽». Mama Cyangwe yahise amusubiza agira ati « Nae ubikoze ntago byakwanga🤷🏽‍♀️🤷🏽‍♀️».

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uko #Mendy yakiriwe na bagenzi be ubwo yageraga i London avuye muri #AFCON2021 (video)

Wa mugeni wabuze ku munsi w’ubukwe yashyize hanze ukuri kose