in

Malaria yanze kumushiramo! APR FC igiye gufunga umwuka imanuke mu kibuga idafite umukinnyi w’umunyamahanga uyirikora iyo byanze

Malaria yanze kumushiramo! APR FC igiye gufunga umwuka imanuke mu kibuga idafite umukinnyi w’umunyamahanga uyirikora iyo byanze.

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10/10/2023 nibwo ikipe ya APR FC iraza kumanuka mu kibuga itana mu mitwe na Bugesera Fc.

Muri uyu mukino urabera kuri Pelé Stadium i Nyamirambo, APR FC irawukina idafite umukinnyi wayo ukina mu kibuga hagati, Sharaf Eldin Shaiboub Ali.

Uyu musore ntabwo yari yamera neza nyuma y’uko arwaye Malaria.

Biteganyijwe ko uyu mukino urahuza APR FC na BUGESERA FC uraza kubera kuri Pelé Stadium, saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bifashe indi ntera! Abahanzi b’Abarundi bakoze ku nda Juno Kizigenza na Ariel Wayz bari bazi ko bagiye kuyora idorari ry’abanyaburayi

Shaddyboo yateye abantu ubwoba nyuma yo kubasangiza amashusho ashyira mukaga abantu bakwirakwiza amashusho n’amafoto y’urukozasoni bishimisha nkabarimo kureba umupira [amashusho]