in

Luvumbu niwe ubiri inyuma! Rayon Sports iri mu biganiro na rutahizamu wo muri Congo ufite ibigwi bihambaye muri Africa

Ibiganiro birarimbanyije hagati y’ikipe ya Rayon Sports ndetse na rutahizamu nimero 9 w’ikipe y’igihugu cya RD Congo wanyuze mu makipe akomeye muri Africa.

Uyu rutahizamu w’imyaka 29 y’amavuko, yitwa Eddy Ngoyi, akaba yaranyuze mu makipe akomeye muri Africa nka AS Vita Club, Al-Ittihad Club, US Monastir, DC Motema Pembe ndetse n’izindi.

Amakuru avuga ko, Rayon Sports yabengutse Eddy Ngoyi biturutse ku makuru yatanzwe na Luvumbu Nziga usanzwe ukinira iyi kipe.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Umwana yamanutse y’ibarangura nkagapira” umubyeyi yarangaye atereka umwana w’igitambambuga kuri esikariye gusa yibaranguye kuri esikariye ajya ku mutora umwana yabaye inoge(Videwo)

Kigali: Umugore wavukiye mu muhanda akaba amaze kubyarirayo abana babiri akomeje gusaba ubufasha bw’abagiraneza