in

Lorenzo uzwi ho kuba nta bwanwa  agira yibasiwe n’uwo bakorana agirwa igitaramo

Lorenzo uzwi ho kuba nta bwanwa  agira yibasiwe n’uwo bakorana agirwa igitaramo

Umunyamakuru wa RBA Musangamfura Lorenzo uzwi mu byegeranyo bitandukanye akorera kuri Radiyo Rwanda yongeye kwibasirwa na bamwe mu bakoresha urubuga rwa Twitter batijwe umurindi n’umunyamakuru Rigoga Ruth.

Rigoga Ruth abinyujije ku rukuta twe rwa Twitter yagize ati: “Ngo Kuki abakobwa aribo gusa bagomba kubwirwa ko ari beza? Bwana Lorenzo na we ngo ni Ibogari.

Bamwe mu babonye ibi bahise bihutira kureba ku kananwa ka Lorenzo ubundi bahera aho bamutaramira ho.

Gusa ibi ntacyo byari bimubwiye ubwo yabibonaga kuko byakozwe mu buryo bw’urwenya no kwishimisha.

Reba bamwe mu bihutiye kugira icyo bavuga…

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda n’umujinya byatumye Ish Kevin ajya kuririmba mu gitaramo atatumiwe mo

Yari atanyutse! Anita Pendo yagerageje gutera karitoma arushanwa na Japhet yenda gutanyuka – VIDEWO