imikino
Lionel Messi yahishuye ikipe yifuza kuzakinira nyuma ya Fc Barcelone

Lionel Messi ni umwe mubakinnyi bifuzwa n’amakipe menshi ku isi kubera ubuhanga azwiho, gusa ariko muri iki gihe kuba ikipe imwifuza yamubona bigoye cyane ndetse umuntu yanavugako bidashoboka kuko Barca yagaragaje ko itamutanga.
Lionel Messi rero ubu ngubu akaba yahishuye ikipe yumva yifuza kuzakinira nyuma yo kuva muri Fc Barcelone. Iyo kipe rero ikaba ari ntayindi ari Newell’s Old Boys, iyi kipe nayo mu minsi yashize twababwiye ko yatangajeko yizeye kuzongera kubona Messi yambaye imyenda yayo nyuma yo kumurera ikiri umwana muto cyane.
Mu kiganiro na television Messi akaba yagize ati : “ Byanshimisha gusubirayo. Ni ibintu mpora ntekereza kuko nizo zari inzozi zanjye nkiri umwana muto. Ndifuza gukina muri Championat ya Argentine ndetse ngakinira Newell’s aho nakuriye.â€
Â
Tubitse ko amasezerano ya Messi muri Barca azarangira muri 2018 gusa ariko hakaba hari amakuru avugako agiye kuyongera mu minsi ya vuba.
-
Imyidagaduro23 hours ago
Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.
-
imikino20 hours ago
Amavubi yari yishyize mu mazi abira kubera umunyamakuru wa RBA
-
imikino10 hours ago
Mutsinzi Ange Jimmy yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga
-
Imyidagaduro7 hours ago
URUKUNDO RURASHONGA:Bijoux wo muri Bamenya uherutse kwambikwa impeta yamaze guhindura Fiancé (VIDEO)
-
inyigisho5 hours ago
Nujya gusezera uwo ukunda ujye umuha ukuboko kw’ibumoso| dore impamvu
-
imikino22 hours ago
Isi yose ikomeye amashyi ikipe y’U Rwanda Amavubi nyuma yo kunganya n’ikipe ya Maroc
-
Imyidagaduro22 hours ago
Miss Naomie yatanze igisubizo gisekeje abajijwe akazi k’ikitegererezo kuri we
-
inyigisho6 hours ago
Uretse amabuno y’abakobwa b’i Kigali, dore ibindi bintu bisigaye bituma abagabo baca inyuma abagore babo