imikino
Lionel Messi yahishuye ikipe yifuza kuzakinira nyuma ya Fc Barcelone

Lionel Messi ni umwe mubakinnyi bifuzwa n’amakipe menshi ku isi kubera ubuhanga azwiho, gusa ariko muri iki gihe kuba ikipe imwifuza yamubona bigoye cyane ndetse umuntu yanavugako bidashoboka kuko Barca yagaragaje ko itamutanga.
Lionel Messi rero ubu ngubu akaba yahishuye ikipe yumva yifuza kuzakinira nyuma yo kuva muri Fc Barcelone. Iyo kipe rero ikaba ari ntayindi ari Newell’s Old Boys, iyi kipe nayo mu minsi yashize twababwiye ko yatangajeko yizeye kuzongera kubona Messi yambaye imyenda yayo nyuma yo kumurera ikiri umwana muto cyane.
Mu kiganiro na television Messi akaba yagize ati : “ Byanshimisha gusubirayo. Ni ibintu mpora ntekereza kuko nizo zari inzozi zanjye nkiri umwana muto. Ndifuza gukina muri Championat ya Argentine ndetse ngakinira Newell’s aho nakuriye.â€
Â
Tubitse ko amasezerano ya Messi muri Barca azarangira muri 2018 gusa ariko hakaba hari amakuru avugako agiye kuyongera mu minsi ya vuba.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Abantu batunguwe cyane n’amazi yo mu kiyaga cya Burera arimo kuzamuka mu kirere ntagaruke bakeka ko ari imperuka(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda2 days ago
«Boss wanjye yambwiye ko ndi MUBI ntakwiriye kugaragara mu mashusho» -Agahinda k’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda.
-
urukundo9 hours ago
Uyu mukobwa yahaye isomo rikomeye umukunzi we yari yasuye akanga kumuha itike imusubiza iwabo|menya ibyakurikiyeho.
-
Izindi nkuru18 hours ago
Ubugabo burenga 7000 bwafatiwe mu Bushinwa buvanwe muri Afurika.
-
Imyidagaduro9 hours ago
Umugabo wa Bahavu Jannet yamukoreye igikorwa kiramubabaza araturika ararira (amashusho)
-
Utuntu n'utundi1 day ago
Urukwavu rwa mbere ku isi mu bunini rwibwe|hashyirwaho akayabo ku muntu uzarugarura.
-
#KWIBUKA272 days ago
Se yahambwe ari muzima – Ubuhamya bukomeye bwa Uwizeyimana Josiane
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umupadiri yasezeye ku murimo w’ubusaseredoti kubera urukundo yakunze umukobwa wari umwe mu bakirisitu yari yararagijwe