in

Lionel Messi na bagenzi be bakinana muri Argentine bamenye ikipe y’igihugu bazahura nayo ku mukino wa nyuma wa Copa America

Ikipe y’igihugu ya Colombia yageze ku mukino wa nyuma wa Copa America, nyuma yo gusezerera Uruguay muri 1/2 kiri rushanwa rigeze ku musozo.

Argentine irangajwe imbere na Lionel Messi, nayo yamaze kugera ku mukino wa nyuma, ubwo ikazacakirana na Colombia itainze indi ikegukana igikombe.

Umukino wa nyuma uzaba mu rukerera rwo ku wa Mbere tariki 15 Nyakanga 2024, saa Munani, bivuze ko final ya Euro2024 izakinwa ku Cyumweru tariki 14 Nyakanga saa tatu z’ijoro, irangire mu masa tanu, ubundi saa Munani Copa America ijyemo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gikundiro yaba igiye gusinyisha ipfube? Rutahizamu utari kuvugwaho rumwe kubera umusaruro we, yageze i Kigali aho aje gusinyira Rayon Sports – AMAFOTO

Izatangirira ku mwarabu! Police FC izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Confederation cup yatomboye ikipe yo mu Barabu – VIDEWO