in

Lionel Messi kwicara hamwe ngo atuze byanze

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi, ashobora gutungurana agasubira mu ikipe yamureze ya FC Barcelona nk’intizanyo ya Inter Miami.

Ibi bivuzwe nyuma y’iminsi micye kandi umuyobozi wa Inter Miami, Jorge Mas yemeye ko azakora uko ashoboye kose akazafasha Lionel Messi agasubira gusezera ku bafana ba FC Barcelona.

Mu magambo ye yagize ati “Niyemeje ko nzakora ibishoboka byose mu myaka iri imbere kugira ngo mpe amahirwe Lionel Messi yo gusezera ku bafana be i Barcelona.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Imbabazi zanjye zikuraho icyaha umugabo yakoreye sosiyete” Mutesi Scovia ntiyumva ukuntu wa mugore washatse kugongwa n’umugabo we yamusabiye imbabazi bigatuma icyaha yakoze gihanagurwa

Nyuma ya Babo wasomanye na Nyina, Umunyamakuru Tidjara Kabendera na we yasomye umuhungu we maze amagambo ashira ivuga (AMAFOTO)