in

ITANGAZO KU NGENDO Z’ABANYESHURI BIGA BACUMBIKIRWA MU GIHE CYO GUSUBIRA MU BIRUHUKO IGIHEMBWE CYA 2 UMWAKA W’AMASHURI WA 2023/2024

ITANGAZO KU NGENDO Z’ABANYESHURI BIGA BACUMBIKIRWA MU GIHE CYO GUSUBIRA MU BIRUHUKO. IGIHEMBWE CYA 2 UMWAKA W’AMASHURI WA 2023/2024.

NESA yatangaje ko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazatangira gusubira mu biruhuko tariki ya 25 Werurwe kugera tariki ya 28 Werurwe 2024, ubwo bivuze ko ari uguhera ku wambere w’icyumweru gitaha kugera kuwa kane.

Aba banyeshuri biga bacumbikirwa bazasoza gusubira mu ngo ku wa 28 Werurwe mu gihe abanyeshuri biga bataha , bazahabwa amanota ku wa 29 Werurwe ari ku wa gatanu. Dore uko abanyeshuri bazataha mu byiciro.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina hagati mu kibuga yahagaritse gukina umupira w’amaguru ku myaka 28 yonyine

Leta y’u Rwanda yatangije umushinga wo kureba ko bajya bashyingirwa ku myaka 18