in

Leny Yoro ashobora Kumara igihe atari mu Kibuga nyuma yo Kuvunika

Nyuma yo kuvunika mu mukino wa gicuti wahuje Manchester United na Arsenal, byemejwe ko umukinnyi Leny Yoro azamara hanze igihe kitari munsi y’ukwezi. Iyi nkuru y’ibabaje ku bakunzi ba Manchester United yemejwe n’abaganga b’ikipe nyuma yo gukorerwa ibizamini byimbitse.

Leny Yoro, umukinnyi ukiri muto ariko ufite impano idasanzwe, yagize ikibazo cy’imvune ku kagombambari mu mukino wa gicuti wabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Iyi mvune izatuma atabasha kwitabira imikino ya mbere ya Premier League, aho Manchester United izaba ihanganye n’amakipe akomeye nk’ikipe ya Liverpool na Chelsea.

Amafoto Leny Yoro mu mukino bahuyemo na Arsenal FC 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Arsenal Yaguze Myugariro mushya

Shaddyboo yababajwe n’abantu batabara abagize ibyago hari izindi nyungu babifitemo