in

Landry iyo bamuha menshi ngo Timaya yari kumubona

Amafaranga 10,000 ngo niyo yabaye intandaro yo kutajya kwakira umuririmbyi w’umunya Nigeria uheruka Iburundi  ariwe Timaya, ibyo biheruka gutangazwa  na Landry Pacelli benshi muzi nka Landry Promoter.

 

Uwo munya makuru usanzwe ukorera  Black FM akagira n’urubuga rwiwe rwa YouTube, HittopTv1, mu kiganiro yagiranye ni Ncuti ya Bose ku rubuga rwa Instagram, yavuze ko abamuhaye ubutumire ngo agende kwakira Timaya ngo bamuhaye amafaranga macye cyane, ko na naho yahurira nayo yakoresha  agiye muri icyo gikorwa.

 

LANDRY akaba avuga ko yafashe ibyo nk’ukutamuha agaciro akwiriye, kuko ubu aho ageze, ngo ari ahakomeye, kuko afite ubushobozi nk’uko amaze kubyerekana ko ashobora gufata ukuboko umuntu aka mushyira hejuru kurundi rwego.

 

LANDRY promoter akaba muri icyo kiganiro yavuze ko abanya makuru b’i Kigali ngo bo kugira ubahamagare mu gikorwa cyawe, cyangwa  baguhe ibiganiro ku iradiyo cyangwa se kumbuga nkoranya mbaga, ngo ubanza gutanga amafaranga atari macye, bayahabwa n’abo ba Promoter. Landry akaba yibaza rero igituma iwabo abantu badaha agaciro aba Promoter.

 

Doreko iyo Tv online ya Landry Promoter ariyo HitTop Tv1, iri muri 2 bari gutegura   igiteramo cy’umunyarwanda kazi Ariel Ways ahoyitezwe Iburundi  muri ino minsi, ariko ho bakaba bizeyeko atariko bizanjyenda  aba Promoter atazabaha 10,000 nk’uko yabihawe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni mwiza cyane bari baberanye, Chifa wakundanaga na Buravan yaciye impaka-Amafoto

Umukobwa w’imyaka 16 yahawe imodoka ihenze cyane byiyongera ku miterere ye