in

Kylian Mbappé yaciye agahigo kuri Instagram

Kylian Mbappé nawe yari yaserutse aberewe

Kylian Mbappé, rutahizamu w’ibihe byose wa Paris Saint -Germain mu Bufaransa, yaciye agahigo ko kuba umufaransa wa mbere ukurikiwe n’abantu benshi ku rubuga rwa Instagram.

Kylian Mbappé waherukaga kuba umukinnyi watsindiye PSG ibitego byinshi mu mateka yayo aciye kuri Edison Cavani. Mbappé wujuje ibitego 201 ahita ahinduka umukinnyi watsindiye PSG ibitego byinshi.


Kylian Mbappé yongeye guca agahigo ko kuba umufaransa wa mbere wagejeje miliyoni 100 z’abamukurikira kuri Instagram.
Kylian Mbappé we n’abagenzi be bategerejweho kurebwa uko bari bwitware mu mukino wo kwishyura wa ⅛ muri Champions League uzabahuza na Bayern Munich ku munsi w’ejo.
Kylian Mbappé na Lionel Messi ubwo berekezaga mu Budage

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akayabo Byiringiro Lague yaguzwe katumye amakipe menshi yemeza ko burya yakabirizwaga

Ibiryo ukwiye kurya igihe wumva ufite umunaniro (URUTONDE)