in

Kwizera Olivier yemeye guhindura idini kugira ngo abone umugati

Tariki ya 11 Kanama 2022 ni bwo yahagurutse mu Rwanda ari kumwe na Nsabimana Aimable bose bagiye muri iyi kipe ikana mu cyiciro cya kabiri mu barabu Saudi Arabia.

bagezxe muri Saud Arabia aho bari bagiye gukina, Kwizera Olivier yarashimwe naho Nsabimana Aimable we aratsindwa Kwizera Olivier abibonye atyo, ahitamo guhita aba umu-islam.

Ni videwo yagiye ahagaragara Olivier barimo bamubwira amagambo y’icyarabu arahira kuba umuyoboke nawe akabisubiramo hanyuma bahita bahoberana.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto; Eddy Kenzo yaje gutaramira mu rwanda nimitwaro

Umugore wasomye umugabo agapfa yatawe muri yombi