in

Amafoto; Eddy Kenzo yaje gutaramira mu rwanda nimitwaro

Eddy Kenzo,Hamisa Mobeto ni bamwe mu bashyitsi b’imena bazaba bitabiriye ibirori by’imideli bya ‘Bianca Fashion Hub’ bigiye kuba ku nshuro ya kabiri.

Ibi birori bizabera camp kigali ku wa 20 kanama 2022 Eddy Kenzo nawe akaba ayamaze kugera mu Rwanda aho aje gufatanya n’abahanzi nka Chris Easy,Bwiza ndetse na Alyn Sano.

Amatike yo kwinjira muri ibi birori akomeje kugurishwa binyuze ku rubuga rwa RGtickets.rw aya make ari kugura ibihumbi 10Frw mu myanya isanzwe, ibihumbi 20Frw mu myanya y’icyubahiro n’ibihumbi 300Frw ku meza y’abantu batandatu.

photos; Igihe

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

hagiye gusohoka iPhone 14 izaba imeze nka koperative y’andi materefone

Kwizera Olivier yemeye guhindura idini kugira ngo abone umugati