in

Kwizera Oliver na Nsanzimfura Keddy mu muryango winjira muri mukeba wa Rayon sport na APR FC

Nyuma y’uko umuzamu kwizera Oliver ashoje amasezerano muri Rayon sport yatangiye gukorera imyitozo muri Kiyovu sport,ndetse na Keddy wabwiwe na Apr fc ko agiye gutizwa mu yindi kipe.

Aba basore bombi bagaragaye baganira na perezida w’iyi kipe mu myitozo yo ku wa Kabiri Kiyovu Sports yakoreye ku Mumena.

Kwizera Oliver niwe usigaje gufata umwanzuro nyuma y’uko Kiyovu sport imweretse ko imwifuza,nubwo we yifuza gusubira gukina hanze y’u Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto agaragaza ubwiza bwa Keza Maolithia wegukanye ikamba ry’igisonga cya mbere muri Miss Rwanda 2022

Miss Teta Sandra yahakanye amakuru avuga ko yakubiswe akagirwa n’umugabo we