in

#Kwibuka 29: Abarimo Chriss Easy , Rocky na Gicumbi bunamiye inzirakarengana ziruhukiye mu Rwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama _ AMAFOTO

Mu gihe u Rwanda ndetse n’Isi muri rusange batangiye iminsi ijana yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Abantu batandukanye bari kugenda basura Inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi bagasobunurirwa amateka ndetse bakunamira n’inzirakarengana ziharukiye.


Aho niho itsinda rigari ry’abantu bakorana na Sosiyete ikora ikanacuruza telefone, Itelrwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama, bashyira indabo ku mva bunamira inzirakarengane zishyinguye muri uru rwibutso. Banatanga kandi inkunga ku warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ni mu gikorwa bakoze kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Mata 2023, aho bari kumwe n’abarimo Junior Giti , Rocky Kimomo ,Chriss Eazy ,Benjamin Gicumbi n’abandi.




Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyu na divayi byagufasha! Dore ibikoresho 7 wakwifashisha kugira ngo usuzume ko utwite

Inkuru mbi igeze ku bakunzi ba filime nonaha