Mukansanga Salima umusifuzikazi ukomoka mu Rwanda akomeje gukora amateka akomeye mu mupira w’amaguru w’isi.
Salima Mukansanga umusifuzikazi ukomoka mu Rwanda wakoze amateka yo kuba umunyafurikakazi wasifuye imikino y’igikokombe cya Africa ( CAN) akaba ari na we musifuzikazi wagaragaye mu mikino y’igikokombe cy’isi Aho yagaragaye asifura imikino itandukanye mu gikombe cy’isi cya 2022 ari unusifuzi wa kane.

None Salima Mukansanga azagaragara ku gifuniko cy’igitabo gishya cy’amategeko y’umupira w’amaguru kigiye gushyirwa hanze na FIFA.
Akomeje guca impaka 💯❤️