in

Kuva yabona ikipe hanze y’igihugu buri mu kino ni igitego! Nyuma yo gutsinda ibitego 3 wenyine mu mukino, rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yongeye kumwenyuza inshundura

Umunyarwanda ukina ku busatirizi, Arthur Gitego yongeye kunyeganyeza inshundura, nyuma y’iminsi mike gusa nabwo atsinze ibitego 3 wenyine mu mukino.

Gitego yatsinze kimwe mu bitego 2-0 AFC Leopards akinira yatsinzemo Nzoia Sugar muri shampiyona.

Uyu rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, amaze amezi macye yerekeje mu ikipe ya AFC Leopards ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya avuye muri Marine FC.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Icyo Imana ishatse nicyo kiba” Irakoze Ariella wari umaze igihe kirekire arwaye ikibyimba gikabije mu maso nyuma yo gukora ubukwe, yitabye Imana

Umuhanzi Chriss Eazy afite umupfumu utuma ibintu bye bikundwa