in

kugeza ubu Sadio Mané ntarabana n’umugore we Aisha Tamba baherutse gukora ubukwe mu minsi ishize.

Nyuma yuko Sadio Mané na Aisha Tamba bakoze ubukwe bakemeranwa kubana amakuru ava muri Senegal avuga ko kugeza ubu baba ukubiri bitewe n’inshingano bafite.

Sadio Mané usanzwe ukinira Ikipe ya Al Nassr yo muri Saudi Arabia nyuma yo gukora ubukwe yahise yerekeza mu gikombe cya Africa n’ikipe ye y’igihugu ya Senegal cyari kiri Kubera muri Cote D’Ivoire avayo asubira gukina muri Shampiyona ya Saudi Arabia (Saudi Arabia pro league) naho umugore we Aisha Tamba bivungwa ko afite ikizamini arikwitegura mu mpeshyi azamusangayo nakirangiza.

iyi ikaba ariyo mpamvu irigutuma baba ukubiri

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka ifite ibirango bya Congo yavaga muri RDCongo yahiriye i Rusizi

Rwanda & Burundi : Amakipe yaho azakina amatsinda kunshuro yayo yambere ni iyihe izagera kure?.